Amizero
Amakuru Amakuru mashya Politike

Perezida wa Repubulika Paul Kagame ategerejwe muri Oman

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Oman yatangaje ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, azasura iki gihugu kuva ku wa Mbere tariki 07 kugera ku wa Kabiri tariki 08 Nzeri 2026, mu ruzinduko rugamije kongera imbaraga mu mubano uri hagati y’iki gihugu n’u Rwanda.

Mu itangazo iyi Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yashyize hanze kuri uyu Gatandatu, tariki ya 05 Nzeri 2026, yavuze ko muri uru ruzinduko impande zombi zizaganira ku ngingo zitandukanye zigamije guteza imbere inyungu zihuriweho n’uburyo zijyana n’iterambere by’abaturage b’ibihugu byombi by’inshuti.

Umubano w’u Rwanda na Oman umaze gutera imbere ndetse mu minsi ishize wanditse andi mateka mashya, aho Sosiyete y’indege ya SalamAir yo muri Oman yatangije ingendo zihuza Umujyi wa Muscat n’uwa Kigali, mu rwego rwo kwagurira ibikorwa byayo muri Afurika.

Iyi nkuru yakiriwe neza n’abajya mu byerekezo bitandukanye by’iyi sosiyete barimo Abanyarwanda n’Abanya-Oman. Uretse imikoranire mu bijyanye n’ubwikorezi, ibihugu byombi bifatanye andi masezerano mu bikorwa remezo, ikoranabuhanga no guhanga udushya n’ibindi.

Related posts

Uganda: Abakorera ingendo mu gihugu basabwe kwigengesera mu gihe cy’amatora

NDAYISHIMIYE Libos

DR Congo: Ibyihebe bya ADF bimaze kwica abaturage ba Beni 72 mu minsi ine gusa.

N. FLAVIEN

FARDC yarashe mu mujyi wa Goma ikoresheje drones

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777