Amizero
Amakuru Amakuru mashya Imikino

CR 7 yatangiye nabi mu gihe ibindi bihangange byitwaye neza

Cristiano Ronaldo bakunze kwita CR7 yahushije amahirwe abiri y’ibitego mu gice cya kabiri cy’umukino Portugal na Repubulika ya Demokarasi ya Congo byaguyemo miswi

Ibihangange bitatu bikomeye cyane mu mupira w’amaguru byarigaragaje ku wa kabiri muri iki gikombe cy’Isi cya 2026.

Ibitego bibiri Kylian Mbappé yatsinze Sénégal byatumye aba uwa mbere umaze gutsindira Ubufaransa ibitego byinshi.

Nuko Erling Haaland wa Norvège arigaragaza mu mukino wa mbere w’igikombe cy’isi yari ayikiniye, ubwo na we yatsindaga ibitego bibiri mu mukino ikipe y’igihugu cye yatsinzemo Iraq.

Lionel Messi we yashyizeho akarusho. Atsinda, ku nshuro ya mbere mu gikombe cy’isi, ibitego bitatu mu mukino Argentine yatsinzemo Algeria, bituma anganya umuhigo n’Umudage Miroslav Klose wo gutsinda ibitego byinshi mu mateka y’imikino y’igikombe cy’isi, w’ibitego 16.

Ku wa gatatu, urubuga rwari rwahawe Cristiano Ronaldo kugira ngo na we yigaragaze muri iri rushanwa ariko uyu kapiteni wa Portugal yananiwe kwigaragaza.

Related posts

Iryavuzwe riratashye; General Muhoozi Kainerugaba mwene Museveni yageze i Kigali.

N. FLAVIEN

Akamaro ntagereranywa k’ibimera ku buzima bwa muntu

N. FLAVIEN

Havumbuwe umugabane mushya wiswe Zealandia uje wiyongera ku yari isanzwe.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777