Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Ubuzima

Ethiopia: Abagabo bafite inda nini bakomeje gukurura abagore.

Abaturage bo mu bwoko bw’Aba-Bodi bo muri Ethiopia bafite umuco wihariye aho kuri bo umugabo ufite inda nini ari we ufatwa nk’ufite igikundiro cyinshi imbere y’abagore.

Mu 2017, Ikinyamakuru The Mirror ubwo cyandikaga ku mwihariko w’imico y’abo muri ubwo bwoko, cyatangaje ko buri mwaka bahurira mu Kibaya cya Omo cyo mu Majyepfo ya Ethiopia bakizihiza umwaka mushya mu birori bita Kael.

Abagore bo muri ubwo bwoko bakururwa cyane n’abagabo bafite inda nini ku buryo ibyo birori bibahuza buri mwaka, babifata nk’umwanya mwiza wo guhura n’abo bagabo bisanzuye bakishimana na bo.

Abo muri ubu bwoko bw’Aba-Bodi kugira inda nini kw’abagabo babifata nk’ibibahesha icyubahiro mu muryango, ku buryo bihata amata y’inka agikamwa ndetse bakananywa amaraso yazo bagamije kugira inda nini, ibinakorerwa amarushanwa muri ubwo bwoko.

Iyo bitegura ayo marushanwa bamara amezi atandatu baba mu muhezo batanemerewe gukora imibonano mpuzabitsina.

Kugira inda nini aba ari inzozi za buri mwana w’umuhungu wo muri ubwo bwoko, ku buryo abo mu muryango we batangira kumuha ubuki, amata n’amaraso by’inka mu gihe cy’amezi ari hagati y’atatu n’atandatu bizera ko bizamuhesha kugira inda nini.

Related posts

Covid-19: U Rwanda rwakiriye inkingo zisaga ibihumbi 390 zo mu bwoko bwa Pfizer.

N. FLAVIEN

Imirwano ikaze hagati ya M23 na FDLR/CRAP ishaka kwisubiza ibirindiro byayo i Rugali.

N. FLAVIEN

Miss Bahati Grace agiye kurushinga n’umukunzi we mushya

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777