Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike Umutekano

Umuriro ukaze hagati y’u Burusiya na Ukraine ishaka kwisubiza uduce twari twarafashwe.

U Burusiya bwohereje ingabo zijya gutanga umusanzu mu gace ka Kharkiv mu gukomeza guhangana n’Ingabo za Ukraine zanze kuva ku izima ahubwo zigakaza ibitero bigamije kwigarurira burundu ako gace.

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ku wa Gatanu yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zabohoye uduce dutandukanye turi ku buso burenga kilometero 1000 mu gace ka Kharkiv hamwe na Kherson.

Zelenskyy yavuze ko ingabo z’igihugu cye zafashe agace ka Balakliia kari mu Majyepfo ya Kharkiv, umujyi wa kabiri munini muri Ukraine.

Bivugwa ko mu rugamba rwo kwigarurira utwo duce, Ingabo z’u Burusiya zatunguwe no kwisanga zigabweho ibitero ku buryo zatangiye guhungisha inkomere z’ibyo bitero.

U Burusiya bwavuze ko bugiye kongera ingabo n’ibikoresho muri ako gace nyuma y’aho Ukraine itangarije ko iri kwegukana intsinzi.

Kuba Ukraine yagira agace yigarurira kanini mu gihe gito ni ubwa mbere bibayeho kuva muri Werurwe uyu mwaka.

Abasirikare ba Ukraine batsa umuriro bakoresheje intwaro za M777 Howitzer ku mirongo y’urugamba.

Related posts

Abderrahim Taleb utoza APR FC yiseguye ku bafana bayo

KALISA

Rubavu: Bibukijwe akamaro ka siporo mu kurushaho kugira ubuzima bwiza.

N. FLAVIEN

FARDC yarenze ku myanzuro ya UN igaba ibitero ku birindiro by’Umutwe wa M23.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777