Amizero
Ahabanza Amakuru Uburezi Ubuzima

Umuyobozi w’Uburezi mu Karere ka Karongi [DDE] yapfuye azize impanuka.

Mu masaha ya mbere ya Saa sita kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Nyakanga 2022, mu Mudugudu wa Kirambo, Akagari ka Kirambo, Umurenge wa Gitesi, Akarere ka Karongi, habereye impanuka ikomeye y’imodoka yaguyemo Umuyobozi w’uburezi muri Karongi.

Bwana Hitumukiza Robert, wari Umuyobozi w’Ishami ry’Uburezi [DDE], yaguye mu mpanuka yabereye ahitwa Kirambo ubwo yari agiye mu bugenzuzi bw’ibizami bya Leta bisoza amashuri abanza, PNLE byasojwe kuri uyu wa Gatatu.

Imodoka ifite ibirango (Plaque) RAE 972 E yari itwawe n’umushoferi witwa Nshimiyimana Callixte w’imyaka 43, yakoze impanuka maze uyu mushoferia akomereka byoroheje, Umuyobozi yari atwaye, Hitumukiza Robert wari ugiye kuri GS Gashubi akomereka bikomeye ari nabyo byamuviriyemo urupfu ubwo hari hategerejwe ubutabazi.

Uyu Hitumukiza Robert wari Umuyobozi w’Ishami ry’Uburezi muri Karongi, apfuye ku munsi wa nyuma w’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza kuko kuri uyu wa Gatatu hakozwe icyongereza ari nacyo cya nyuma mu bizamini byatangiye ku wa Mbere tariki 18 Nyakanga 2022. Imana imutuze aheza.

Imodoka yari itwaye DDE wa Karongi ari nayo yaguyemo yangiritse cyane.

Related posts

Drone ‘CH-4’ ya FARDC yangije ibikorwa rusange yica n’inka mu bice bigenzurwa na M23.

N. FLAVIEN

Uwayoboye urugamba rwakuyeho Idi Amini Dada yitabye Imana afite imyaka 104.

N. FLAVIEN

Kigali: Perezida Kagame n’ Umuyobozi wa FIFA bafunguye ku mugaragaro Stade yitiriwe Pelé.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777