Amizero
Ahabanza Amakuru Imyidagaduro

Amashusho y’indirimbo ‘WHY’ ya The Ben na Diamond yari ategerejwe igihe kirekire yasohotse. [VIDEO]

Hari hashize igihe gito kibarirwa mu minsi, umuhanzi nyarwanda The Ben ashyize hanze mu buryo bw’amajwi indirimbo ‘Why’ yakoranye n’icyamamare Diamond wo muri Tanzania, kuri ubu yamaze kuyishyira hanze mu buryo bw’amashusho.

Iminsi micye iyi ndirimbo imaze iri hanze, yishimiwe n’abatari bacye. Amashusho yayo yasohotse kuri uyu wa Kabiri tariki 4/01/2022 agaragaramo inkumi z’uburanga butangaje.

The Ben/Photo Internet.

Mu minsi hafi itatu iyi ndirimbo imaze ishyizwe hanze mu buryo bw’amajwi (yashyizweho ku Cyumweru tariki 02 Mutarama 2022), imaze kurebwa n’abarenga ibihumbi magana 682 ku rubuga rwa Youtube, mu gihe ubu hamaze gusohoka video, nayo ikomeje kurebwa cyane.

Amashusho y’iyi ndirimbo ‘Why’ yafatiwe ku mazi, akaba agaragaramo abakobwa babiri b’ubwiza butangaje hamwe n’abahanzi The Ben na Diamond. Ni amashusho arimo abantu bacye cyane b’ingenzi. Amashusho yayo yatunganijwe n’umunyarwanda Julien BmJizzo mu gihe amajwi yayo yatunganijwe n’abarimo umunyarwanda Made Beat.

REBA INDIRIMBO ‘WHY’ :

Related posts

M23 ihanganye na Wazalendo hamwe na FDLR muri Rutshuru.

N. FLAVIEN

Musanze: Ikoranabuhanga riri kwifashishwa mu gukemura bimwe mu bibazo byatewe na Covid-19.

N. FLAVIEN

Musanze: Urubyiruko rurashyirwa mu majwi mu kutubahiriza Guma mu rugo ku munsi wa mbere wa Guma mu rugo

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777