Amizero
Amakuru Amakuru mashya Politike

U Rwanda rwatangiye imikoranire na IID

Guverinoma y’u Rwanda yatangiye imikoranire n’ikigo mpuzamahanga gitanga serivise mu bya dipolomasi, (International Institute for Diplomacy: IID) gikorera mu Busuwisi nyuma yo gusinyana amasezerano y’ubufatanye(MoU).

Ni amasezerano yasinyiwe i Geneve mu Busuwisi, aho ku ruhande rw’u Rwanda yashyizweho umukono na Amb Urujeni Bakuramutsa uhagarariye u Rwanda muri Loni no mu yindi miryango mpuzamahanga y’i Geneve na Perezida wa IID, Pablo Demierre wari kumwe na Visi Perezida, Vincent Subilia.

Ayo masezerano agamije kugenga imikoranire y’impande zombi   mu bijyanye n’amahugurwa yo ku rwego ruhanitse ku bikorwa bya dipolomasi, ibiganiro, amategeko mpuzamahanga, kongerera abakozi ubushobozi mu buryo bw’umwuga, itumanaho n’ubutwererane bihuriweho.

Impande zombi ziyemeje gusangira ubumenyi n’uburararibonye mu bya dipoloamasi, amasomo mu bya politiki ndetse abakozi b’impande zombi bazagira uruhare mu mahugurwa yihariye mu bya dipolomasi.

Ikigo IID kibonwa nk’igisubizo kirambye mu gihe Isi ihanganye n’amakimbirane y’ibihugu mu gihe gifite ubunararibonye mu kubifasha kugera ku mahoro no kuyoborwa mu rugendo rwo kugera ku ntego z’iterambere rirambye

Impande zombi ziteguye kungukira kuri aya masezerano yasinywe

Related posts

Amerika yigambye ko yagabye ibitero kuri Islamic State muri Syria

NDAYISHIMIYE Libos

Sudan: Abarenga miliyoni bamaze gukurwa mu byabo n’intambara.

N. FLAVIEN

Ikibazo si ibitubaho ikibazo ni uburyo tubyitwaramo: Williams Monty mu nzira zo guhesha Suns igikombe cya NBA

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777