Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Ikoranabuhanga Ubushakashatsi

U Rwanda rwashimiwe intambwe rumaze gutera ku bijyanye n’ingufu za Nikeleyeli

Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Ingufu za Nikereyeli (International Atomic Energy Agency/ IAEA), cyashimye intambwe u Rwanda rumaze gutera mu guteza imbere gahunda y’ingufu za Nikeleyeli, nyuma y’isuzuma giheruka gukora rigamije kureba uko rwiteguye gukoresha izo ngufu mu buryo butekanye, burinzwe kandi burambye.

Iri suzuma ry’iminsi umunani rwakoze kuva tariki ya 2 kugeza ku ya 9 Werurwe 2026, rikaba rifatwa nk’intambwe ikomeye mu rugendo rw’u Rwanda rwo gutangira gukoresha ingufu za Nikeleyeli mu kugeza amashanyarazi henshi mu gihugu.

Muri raporo yacyo, AIEA yagaragaje intambwe u Rwanda rumaze gutera, zirimo gutegura itegeko rishya rigenga ingufu za Nikeleyeli, gutangiza ibikorwa bigamije gukomeza kunoza urwego rw’amategeko n’amabwiriza agenga iyi gahunda, gukora inyigo z’ahazubakwa ibikorwa remezo no gutoranya ahantu hashoboka gushyirwa uwo mushinga w’ikoranabuhanga rya small modular reactors (SMR).

Mehmet Ceyhan, umuyobozi wa tekiniki mu ishami rishinzwe guteza imbere ibikorwa remezo bya Nikeleyeli muri AIEA akaba n’umuyobozi w’iryo tsinda, yavuze ko urwego rwo kwitegura n’uruhare rw’inzego bireba byose uko bihagaze bigaragaza ubushake bukomeye bwo guteza imbere iyi gahunda. (KT)

Related posts

Musanze: Yasanzwe mu nzu yapfuye biravugwa ko yazize COVID-19

N. FLAVIEN

Prof Lyambabaje wari Umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda yeguye ku mirimo ye.

N. FLAVIEN

Minisitiri w’Intebe wa DR Congo n’abandi bayobozi bakuru beguye ku mirimo yabo.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777