Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike

Perezida Macron yarahiriye kuyobora u Bufaransa muri manda ya kabiri.

Emmanuel Macron yarahiriye manda ya kabiri nka Perezida w’u Bufaransa, mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 07 Gicurasi 2022 mu muhango wabereye mu Ngoro y’Umukuru w’Igihugu (Élysée).

Emmanuel Macron yaherukaga gutorerwa kongera kuyobora u Bufaransa ku majwi 58,5% ahigitse Marine Le Pen bari bahanganye.

Mu ijambo rito yavuze amaze kurahira, Emmanuel Macron, yashimangiye ko manda ye ya kabiri igiye kuba nshya, ko idashingiye gusa gukomereza ku byo yari yaratangiye.

Ati: “Dukeneye imikorere mishya, itandukanye n’ibintu bidahinduka, tukubaka itanga umusaruro.”

Abantu 500 nibo bari bitabiriye uyu muhango barimo abahoze ari abakuru b’Igihugu mu Bufaransa. Hari François Hollande na Nicolas Sarkozy.

Edouard Philippe, Manuel Valls, Alain Juppe na Jean-Pierre Raffarin, babaye ba Minisitiri w’Intebe bari bitabiriye uyu muhango.

Related posts

Perezida Tshisekedi yahamagariye urubyiruko kwitabira intambara ku Rwanda.

N. FLAVIEN

Musanze: Uwarokotse Jenoside wenyine mu bana 20 yahisemo kurerera abamwiciye bakanamubuza kubyara.

N. FLAVIEN

New City Family Choir n’inshuti zayo bongeye guhuza imbaraga banyeganyeza ibihome bya Satani.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777