Abanyarwanda bize muri Kaminuza ya Makerere, bagiye gushinga Kaminuza izaba ikora nk’iyi yo muri Uganda mu korohereza abajyaga kuyigamo. Makerere iri muri Kaminuza 10 za...
Hirya no hino mu Gihugu hakomeje kumvikana amajwi y’abarimu bavuga ko badatangirwa imisanzu y’ubwizigame muri RSSB kugirango bazabone uko bakomeza ubuzima bageze mu zabukuru cyangwa...
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko Inama y’Abaminisitiri iheruka, yemeje izamurwa ry’imishahara y’abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye mu rwego rwo kuzamura imibereho yabo...
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda, MINEDUC yahishuye ko mu bidasanzwe byanogejwe muri uyu mwaka w’amashuri harimo n’uburyo bwo kubara amanota y’ibizamini bya Leta mu rwego rwo...
Mu mujyo umwe na gahunda ya Leta yo kwita ku mikurire y’abana barindwa igwingira, Gakenke nka kamwe mu Turere twagaragayemo abana benshi bafite ikibazo cy’igwingira,...
Kuri uyu wa Mbere tariki 18 Nyakanga 2022, hirya no hino mu Gihugu, hatangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (PNLE) aho biteganyijwe ko abakandida...
Abanyeshuri bo mu Rwunge rw’Amashuri rwa Kanembwe II ruherereye mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Rubavu, bagiye gufata indangamanota zabo, aho kuzibaha, ubuyobozi bw’ishuri bubaheza...