Category : Ubukungu
Featured Bivuze iki kuba Ubumwe bw’u Burayi bugiye koroshya bimwe mu bihano bwafatiye u Burusiya ?
Ubumwe bw’u Burayi (EU) bugiye koroshya bimwe mu bihano byafatiwe banki zo mu Burusiya, kugira ngo Ibihugu byinshi bibashe kugura ibiribwa n’inyongeramusaruro muri icyo Gihugu....
Featured Rubavu: Polisi yafashe magendu ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 9.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu, Intara y’Iburenerazuba yafashe abantu babiri bageragezaga kwinjiza mu Gihugu, ibicuruzwa bya magendu bitandukanye, byose hamwe bifite agaciro...
Featured Musanze: Imodoka yavaga i Rubavu ijyanye inzoga i Kigali yafashwe n’inkongi y’umuriro.
Ahagana mu ma saa cyenda z’igitondo(3:00 AM) kuri iki Cyumweru tariki 17 Nyakanga 2022, ikamyo yo mu bwoko bwa Benz ya Bralirwa, yafashwe n’inkongi y’umuriro...
Featured Nyagatare: Abahoze bacuruza ibiyobyabwenge basaga 2700 bashakiwe imirimo na Leta
Abahoze bacuruza ibiyobyabwenge na magendu bagera ku 2776 bo mu Karere ka Nyagatare barashimira Leta nyuma yo kubigisha imyuga abandi ikabaha akazi ka buri munsi...
Featured Musanze: Abaturage biteze iterambere ku mihanda ya kaburimbo izatwara miliyari zirindwi yatangiye kubakwa.
Abaturage b’Akarere ka Musanze n’abandi bahagenda, bemezako imihanda ya kaburimbo yatangiye kubakwa irimo uwo mu Mudugudu wa Muhe ahazwi nko kuri STRABAG hamwe n’indi izubakwa...
Featured Stade Nyagatare yuzuye itwaye hafi Miliyali 10 Frw yatashywe ku mugaragaro [AMAFOTO].
Muri gahunda yo kwishimira ibyagezweho muri iki gihe twizihiza ku nshuro ya 28 isabukuru yo Kwibohora, mu Karere ka Nyagatare, Intara y’Iburasirazuba, kuri uyu wa...
Featured Nyabihu: Babangamiwe cyane n’uruganda rusatura amabuye ruri rwagati mu ngo.
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Mukamira, baratabariza ubuzima bwabo bavuga ko butameze neza kuko babangamiwe cyane n’uruganda rusatura amabuye rukayakuramo...
Featured Nyabihu: Abaturage biyemeje kubyaza umusaruro Sitasiyo y’amashanyarazi yuzuye itwaye asaga Miliyali 14 Frw.
Abaturage bo mu Karere ka Nyabihu n’utundi Turere bihana imbibi biyemeje kubyaza umusaruro Sitasiyo nshya y’amashanyarazi batashye ku mugaragaro yuzuye itwaye akayabo ka Miliyoni zisaga...
Featured Musanze: Ibiro bishya by’Umurenge wa Kinigi byatashywe byitezweho kwihutisha serivisi [AMAFOTO].
Umurenge wa Kinigi nk’umwe mu Mirenge y’ubukerarugendo ndetse ukaba Umurenge ubumbatiye byinshi mu bukungu bw’u Rwanda nk’ibirayi, ibireti n’ibindi, wakoreraga mu nyubako itajyanye n’igihe, ibintu...

