Category : Umutekano
Featured M23 yahawe umunsi ntarengwa wo kuba yahagaritse imirwano igasubira muri Sabyinyo nta yandi mananiza.
Benshi mu bakurikiranira hafi ibikomeje kubera mu Burasirazuba bwa DR Congo bari bategereje ikiri buve mu nama y’Abakuru b’Ibihugu byo mu karere yaberaga i Luanda...
Featured M23 yatanze impuruza ku biri gukorerwa abatutsi b’i Masisi.
Umutwe wa M23 uvuga ko uharanira uburenganzira bw’abanyekongo bavuga ikinyarwanda, wamenyesheje Imiryango mpuzamahanga ndetse n’Ibihugu bikomeye ko utewe impungenge n’ibikorwa ingabo za Leta ya Congo...
Featured Umukomando ufite ipeti rya Lieutenant Colonel muri FARDC yafatiwe ku rugamba muri Kibumba.
Umusirikare mukuru mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC witwa Lt. Col. Assouman, akaba Komanda wa Batayo ya 213 wari uyoboye ibitero byo...
Featured Mudahusha wa RDF yishe umukomando wa FARDC winjiye mu Rwanda akarasa ku barinda umupaka.
Undi musirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC zibarizwa mu mutwe w’abakomando (Forces Spéciales) yinjiye ku butaka bw’u Rwanda mu Karere...
Featured Sukhoi-25 za FARDC zongeye gusuka umuriro ku birindiro bya M23.
Nyuma y’iminsi yari ishize FARDC yifashisha kajugujugu mu kurasa kuri M23, kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Ugushyingo 2022, igisirikare cya Leta ya Congo, FARDC...
Featured Ibihugu bikomeye byategetse M23 guhagarika gusatira Umujyi wa Goma.
Corin Robertson ukuriye ibiro bireba Afurika muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubwongereza yasabye umutwe wa M23 guhagarika ako kanya gukomeza gusatira Umujyi wa Goma mu burasirazuba...
Featured M23 ifite umuvuduko udasanzwe yinjiye muri Masisi ifatamo uduce tubiri tw’ingenzi.
M23 ikomeje kugaragaza umuvuduko udasanzwe mu rugamba bahanganyemo na FARDC ifatanyije na FDLR yamaze kwinjira muri Teritwari ya Masisi, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije n’ingabo za...
Featured M23 irasatira Umujyi wa Goma, bamwe batangiye guhunga berekeza iya Sake.
Intambara ihuje Ingabo za Leta ya Congo, FARDC n’Umutwe wa M23 ikomeje guca ibintu, kuri ubu M23 ikaba isatira Umujyi wa Goma, byatumye abaturage batangira...

