Sir Keir Starmer avuga ko azava ku mwanya w’umukuru w’ishyaka rya Labour no ku wa Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza, nyuma yo kwemera ko ishyaka rye ritemera...
MRDP-Twirwaneho yemeje ko Ihuriro ryayo hamwe na AFC/M23 birukanye Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa mu gace ka Gakenke gaherereye mu misozi...
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Sir Keir Starmer arimo gupima ejo hazaza he muri politike mu gihe igitutu cyo kwegura kirimo kwiyongera kuri we. Ibi bibaye nyuma yuko...
Ku butumire bwa mugenzi we wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ategerejwe i Kinshasa mu murwa mukuru wa DR Congo...
Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yatangaje ko igihugu cye kitazigera kiyambura uburenganzira gifite bwo kwihaza kuri uranium, ashimangira ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika nta...
Abapolisi bakuru 38 bo mu bihugu 10 birimo n’u Rwanda basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda, National Police College, riherereye mu karere...
Mu gihe imirwano ikomeje gufata indi ntera mu misozi miremire ya Minembwe aho abarwanyi ba MRDP-Twirwaneho bafatanyije na AFC/M23 barwanira n’ihuriro rigizwe n’ingabo za Leta...