Mu Isi y’umupira w’amaguru nk’indi mikino yose, usanga hari amategeko ayigenga. Iyo humvikanye itegeko mu gice icyo ari cyose cy’ubuzima bihita byumvikana ko rigomba guhana...
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC ikomeje kwitegura umwaka utaha wa 2025-2026, mu mikino igomba gukina hiyongereyemo n’imikino ya CECAFA Kagame Cup. Iyi ni imikino yitabiriye...
Umukinnyi w’ikipe ya APR FC n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda (Amavubi) Fitina Ombolenga, ni umwe mu bakinnyi ba Rayon Sports umwaka ushize batahiriwe n’urugendo. Fitina na...
Ikipe ya Rayon Sports iri gutegura Umunsi w’Igikundiro, yatangiye imikino iwubanziriza itsinda Gasogi United mu mukino wa gicuti ibitego bibiri ku busa. Iyi kipe iri...
Umuyobozi wa Radio/TV1 akaba na nyiri Gasogi United aherutse gutangaza ko azaganuza Ikipe ya Rayon Sports, akaba yarashakaga kuvuga ko azayitsinda mu mukino wa gicuti...
Virgil van Dijk ni umwe mu bakinnyi beza Isi y’umupira w’amaguru ifite, gusa mu buto bwe yashaririwe no kuba yarakuze atabona se iruhande rwe bimuviramo...
Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku mugabane w’Iburayi n’ahandi hose ku Isi rirarimbanyije ari nako amakipe menshi akomeza kongeramo abazayafasha, andi na yo atandukana n’abo adakeneye....
Mikel Arteta utoza ikipe ya Arsenal (Visit Rwanda) ni umwe mu bagabo bagira uburyo bwinshi bwo gukebura abakinnyi be iyo umusaruro wabuze, ku buryo adatinya...
Real Madrid iracyifuza gukomeza ubwugarizi nyuma y’uko imaze gusinyisha abakinnyi batatu kugeza aho isoko ryo muri iyi mpeshyi rigeze. Umutoza Xabi Alonso nyuma yo kugera...
Amakipe menshi hano mu Rwanda akomeje kwitegura umwaka w’imikino wa 2025-2026 ari nako ashaka imikino ya gicuti yaba iyo mu gihugu ndetse n’ibahuza n’amakipe yo...