Umuvugizi wa AFC/M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko bidasubirwaho bari kugenzura Ikibuga cy’Indege cya Kavumu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. M23 yavuze...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yihanganishije mugenzi we wa Turukiya, Recep Tayyip Erdoğan n’abaturage b’icyo gihugu, nyuma y’inkongi yibasiye hoteli iri mu gace ka Kartalkaya...
Donald Trump witegura kurahirira kuyobona Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 20 Mutarama 2025, yatangaje ko kubera ikibazo cy’ubukonje bukabije bwitezwe mu cyumweru gitaha,...
Mu mujyi wa Los Angeles muri Leta ya California, agahinda n’ibibazo by’abaturage bikomeje kwiyongera nyuma y’urupfu rw’abantu 24 bazize inkongi zabaye mu byumweru bishize. Imibare...
Abategetsi bo mu Buhinde bavuga ko bataye muri yombi umugabo w’Umunya-Canada ku kibuga cy’indege cy’i Delhi kubera gutwara igihanga cy’ingona mu muzigo we. Ubwo yahagarikwaga...
Ubwo yari mu birori byo kwizihiza Umwaka Mushya iwe i Mar-a-Lago, Perezida watowe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye umutwe wa Hamas...