Mu mujyi wa Los Angeles muri Leta ya California, agahinda n’ibibazo by’abaturage bikomeje kwiyongera nyuma y’urupfu rw’abantu 24 bazize inkongi zabaye mu byumweru bishize. Imibare...
Abategetsi bo mu Buhinde bavuga ko bataye muri yombi umugabo w’Umunya-Canada ku kibuga cy’indege cy’i Delhi kubera gutwara igihanga cy’ingona mu muzigo we. Ubwo yahagarikwaga...
Ubwo yari mu birori byo kwizihiza Umwaka Mushya iwe i Mar-a-Lago, Perezida watowe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye umutwe wa Hamas...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano kuri imwe muri banki zikomeye zo mu Burusiya yitwa Gazprombank hagamijwe gukomeza guca intege Uburusiya ndetse n’igisirikare cyabwo...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Ugushyingo 2024, Perezida w’inzibacyuho wa Mali, General Assimi Goïta yirukanye abayobozi ba Guverinoma bose uhereye kuri Minisitiri w’Intebe. Mu...
Umwana w’umukobwa w’imyaka itanu yarohamye mu bwogero bw’amazi ubwo yakiniraga n’inshuti ze muri hoteri ahitwa Nyali mu mujyi wa Mombasa mu gihugu cya Kenya. Alby...
Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko Ingabo ze zahanganye n’abasirikare barenga ibihumbi 11 ba Koreya ya Ruguru bari kurwana ku ruhande rw’u Burusiya, ndetse...
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yashimiye Donald Trump ku ntsinzi ye mu matora yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye kuwa kabiri tariki 05...