Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikoresheje minisitiri w’ubutabera wungirije, Samuel Mbemba, yagiye mu rubanza igihugu cye cyarezemo u Rwanda ruzabera i Arusha muri Tanzania tariki...
Byatangajwe n’igisirikare cya Israel, aho cyigambye ko cyatangije ibitero simusiga gikoresheje indege ki karasa ku birindiro by’umutwe wa Hezbollah, biherereye mu majyepfo ya Libani. Igisirikare...
Igisirikare cya Israel, IDF cyarashe ibisasu biremereye mu majyepfo ya Liban, ahari ibirindiro bikomeye by’umutwe wa Hezbollah wakomeje gukozanyaho n’Ingabo za Israel kuva icyo gihugu...
Ibi byatangajwe n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku baturage (UNFP), ryemeza ko ‘abagore bafashwe ku ngufu’ ubwo imfungwa zageragezaga gucika gereza nkuru ya Makala iherereye i...
Abasirikare bakuru bayoboye Intara za Kivu ya Ruguru na Ituri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basabiwe kuhakurwa binyuze mu badepite b’Igihugu bava...
Perezida wa Angola João Lourenço uri guhuza u Rwanda na DR Congo mu biganiro bigamije gushaka amahoro mu karere, yoherereje ubutumwa mugenzi we wa DR...