Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 mu misozi ya Bihambwe muri Teritwari ya Masisi, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru habyukiye...
Uburakari ni bwinshi mu baturage ba Ethiopia nyuma y’ifatwa ku ngufu ririmo ubugome ndetse n’iyicwa ry’umwana w’umukobwa w’imyaka irindwi, benshi bakaba bavuga ko igihano uwamufashe...
Perezida Brice Oligui Nguema w’inzibacyuho wa Gabon yabujije abagize Guverinoma akuriye kujya mu biruhuko mu mahanga, ingingo igendanye na politike agarukaho kenshi y’ubutegetsi bwegereye abaturage....
Inkuru ishobora gufatwa na bamwe nk’amahano cyangwa gusara iravugwa mu karere ka Muhanga, Umurenge wa Mushishiro, Akagari ka Rwasare, Umudugudu wa Kanyimya, aho umugabo w’imyaka...
Guverinoma ya Kenya irateganya kugarura undi mushinga w’itegeko w’imisoro n’amahoro iri mu byateje imyigaragambyo ikomeye mu kwezi kwa Gatandatu gushize, ihitana abantu byibura 50. Ni...
Abagize umuryango mugari wa New City Family Choir (abaririmbyi n’inshuti), bongeye guhuza imbaraga bakora ibikorwa by’urukundo byahuje abaturutse hafi mu gihugu hose, bongera kwibukiranya ibihe...
Abagabo batatu bo mu karere ka Gicumbi, Intara y’Amajyaruguru bari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB bakekwaho gusambanya ku gahato umugore w’imyaka 46 y’amavuko barangiza...
Mu ijoro ryakeye rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kanama 2024, muri Gurupoma ya Bijombo ahazwi nko ku Ndondo, muri Teritwari ya Uvira, habaye...