Nyuma yo guhurira muri Tanzania ku wa Gatandatu tariki 08 Gashyantare 2025, abagize EAC na SADC bakemeza ibigomba gukorwa vuba na bwangu birimo no gufungura...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko kubera ubushotoranyi bw’u Rwanda, yafashe umwanzuro wo gufunga ikirere cyayo ku ndege zose z’u Rwanda ndetse...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Gashyantare 2025, imodoka yo mu bwoko bwa You tong ya Kompanyi (Company) itwara abagenzi ya International yavaga i Kigali...
Umuhanzi B Threy yakanguriye urubyiruko, by’umwihariko ibyamamare, kutajya bigira ba ntibindeba mu bibazo by’igihugu, abibutsa ko nk’abantu bafite ijwi rigera kure n’ababakurikira benshi, ari bo...
Tariki 08 Gashyantare 1900, ni bwo hatashywe Kiliziya ya mbere yubatswe n’abamisiyoneri batangije ubukristu mu Rwanda, i Save, Intara y’Amajyepfo. Ni ku bw’iyo mpamvu kuri...
Mu burakari bukabije, abatuye n’abaturiye umujyi wa Bukavu uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ukaba ari nawo murwa mukuru wayo bahaye ingabo za Repubulika Iharanira...
Umunsi wari utegerejwe n’akarere k’Ibiyaga bigari ndetse n’umuryango w’ibihugu byo mu Majyepfo ya Afurika wageze. Gahunda ni ibiganiro bihuza EAC na SADC ku kibazo cy’umutekano...
Maj Gen Sultan Makenga Umuhuzabikorwa w’igisirikare cya AFC/M23 akaba n’Umugaba mukuru w’ingabo zigamije impinduramatwara muri DR Congo (ARC) yasuye abasirikare ba FARDC bakomerekeye ku rugamba...