Author : N. FLAVIEN
Featured Covid-19: Kuki ari ngombwa gufata urukingo rwa kabiri rushimangira ?
Ubushakashatsi bwerekanye ko abantu bahabwa inkingo nyinshi za Covid-19 bigenda bigabanya ibyago byo kwandura no kuzahazwa n’iki cyorezo cyigize umugozi ku Isi nzima. Ubushakashatsi bwakorewe...
Featured Nyina w’umuhanzi Meddy yitabye Imana azize uburwayi.
Nyina w’umuhanzi Ngabo Médard Josbert [Meddy], witwa Cyabukombe Alphonsine, yitabye Imana azize uburwayi nk’uko byatangajwe na bamwe mu nshuti za hafi za Meddy. Amakuru y’urupfu...
Featured Kigali: Kwinjira ahahurira abantu benshi bisaba urukingo rwa kabiri rushimangira.
Ku muntu umaze amezi ane ahawe doze ya mbere y’urukingo rushimangira rwa Covid-19 kuri ubu ntabwo yemerewe kwinjira hamwe mu hahurira abantu benshi nko muri...
Featured DRC: Abanyeshuri b’i Rutshuru batorotse ikigo bigamo bajya muri M23.
Urubyiruko rw’abakongomani bavuga Ikinyarwanda biganjemo abo mu bwoko bw’abatutsi rukomeje kwisunga umutwe wa M23 umaze igihe wubuye imirwano. Amakuru ava muri Teritwari ya Rutshuru mu...
Featured M23 mu isura nshya y’imirwanire bagamije gufunga umuhanda Goma-Rutshuru.
Abarwanyi b’Umutwe wa M23 batangije uburyo bushya bw’imirwanire batari bamenyerewemo, aho barimo gukoresha uburyo bwo gutega ibico (Ambush) bifashijije Pariki ya Virunga. Amakuru aturuka i...
Featured Agahinda k’abagore bapimwa ubusugi mbere yo gushyingirwa.
Umugore witwa Maryam wo muri Iran yabwiwe n’umugabo we ubwo bari bamaze gukorana imibonano mpuzabitsina ku nshuro ya mbere ngo “Warambeshye ndakurongora kubera ko utari...
U Rwanda rwateye utwatsi ubusabe bwo kurekura Paul Rusesabagina.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yavuze ko Paul Rusesabagina yakatiwe kandi agomba gufungwa, hatitawe ku gitutu cy’amahanga akomeza gusaba ko arekurwa nk’umwere. Kuri uyu...
Featured Blinken yageze i Kigali aho byitezwe ko avuga kuri M23 na Rusesabagina.
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa gatatu aho agiye gusoreza uruzinduko amazemo iminsi muri...
Featured Ikibazo cy’abarimu badatangirwa imisanzu muri RSSB kigiye gukurikiranwa kandi gikemurwe.
Hirya no hino mu Gihugu hakomeje kumvikana amajwi y’abarimu bavuga ko badatangirwa imisanzu y’ubwizigame muri RSSB kugirango bazabone uko bakomeza ubuzima bageze mu zabukuru cyangwa...

