I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Mu ruzinduko agirira mu Bihugu bibiri bya Afurika, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Nyirubutungane Papa Fransisko yarutangiriye muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, aho...
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Mbere tariki 30 Mutarama 2023 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye, inashyira mu myanya abayobozi barimo na Dr. Kamana Olivier wagizwe Umunyamabanga Uhoraho...
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yirukanye Abasirikare b’u Rwanda bari mu buyobozi bukuru bw’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, ziri mu butumwa bwo gushakira amahoro Uburasirazuba...
Madame Oda Gasinzigwa wabaye Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, akanahagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EALA yagizwe Perezida wa Komisiyo y’Igihugu...
Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, rivuga ko Prof Jean Bosco Harelimana wari Umuyobozi Mukuru wa RCA (Rwanda Cooperative Agency) yakuwe...
Minisitiri w’Itumanaho akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya DR Congo, Patrick Muyaya Katembwe, yatangaje ko inama y’umutekano yayobowe n’Umukuru w’Igihugu akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo na Polisi...
Nyuma y’iminsi y’umubabaro no guhangayika ku mpande zihanganye muri DR Congo, ku masaha y’umugoroba kuri uyu wa Kane tariki 26 Mutarama 2023, M23 yinjiye rwagati...