I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame akaba n’Umugaba rw’ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, RDF yazamuye mu ntera ba Ofisiye 2430, barimo 1119 bavuye ku ipeti...
Urubyiruko rwibumbiye mu rugaga rushamikiye ku Muryango FPR Inkotanyi mu Karere ka Gakenke ndetse n’urundi muri rusange, rwasabwe kureka imyumvire yo gushaka gukira vuba, rusabwa...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma y’inkuru y’irekurwa rya Paul Rusesabagina usanzwe ari umunyarwanda ariko akaba atuye muri...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Werurwe 2023, Leta y’u Rwanda yarekuye Paul Rusesabagina wari umaze imyaka hafi ibiri afungiye muri gereza...
Amakuru akomeje gucicikana avuga ko Paul Rusesabagina na Nsabimana Callixte wiyise Sankara baba bagiye gufungurwa, ngo ibi bikaba bigiye gushoboka nyuma y’uko aba bombi bari...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yageze aho isa nk’ivuye ku izima yemera ko umukino wo kwishyura wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika, uzahuza u...
Kuba mu Mujyi wa Huye uherereye mu Ntara y’Amajyepfo ngo nta Hoteli iriyo yujuje ibisabwa na CAF, byatumye u Rwanda rwangirwa kwakira umukino wo kwishyura...
Chorale Abatwaramucyo isengero kuri ADEPR Rubona, Akarere ka Rubavu igarukanye inkuru nziza binyuze mu mugoroba wo kuramya no guhimbaza Imana uteganyijwe tariki 26 Werurwe 2023,...
Perezida wa Repubulika Yiyunze ya Tanzania, Madame Samia Suluhu Hassan yabwije ukuri abayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bamaze igihe bavuga ko ingabo z’Umuryango...