I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Nyuma yo kwishora mu bikorwa by’ubugizi bwa nabi bukabije ku ruhererekane rw’imodoka z’ingabo za ONU ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki 07 Gashyantare 2023...
Mu kanwa h’umuntu ni hamwe mu hagaragaza ubwiza bwe, bikaba akarusho iyo hateretsemo amenyo y’urwererane dore ko hari n’abatakaza akayabo mu gushakisha icyayacyesha nyamara bakajya...
Patrick Muyaya, Umuvugizi wa Leta ya DR Congo yatangaje ko batazaganira kandi ngo ntibanateganya kuganira n’umutwe wa M23 niba idakurikije ibyo yasabwe n’amasezerano ya Luanda...
Imyigaragambyo idasanzwe ikomeje kwangiza byinshi mu Mujyi wa Goma, Umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ndetse bikaba bivugwa ko hari n’abo mu bwoko bw’abatutsi baba...
Abanyekongo bafite umujinya w’umuranduranzuzi bigabije imihanda yose y’Umujyi wa Goma, bavuga ko badashaka Ingabo z’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, EACRF ndetse ko batanashaka uwitwa umunyarwanda n’icye...
Inama idasanzwe yahuje Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC i Bujumbura mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu tariki 04 Gashyantare 2023, yategetse impande...
Ba Perezida batandatu muri barindwi bayoboye Ibihugu bigize EAC bahuriye i Bujumbura mu Burundi aho bitabiriye Inama ya 20 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 01 Gashyantare 2023, Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari kumwe na Madame Jeannette Kagame bunamiye Intwari z’u Rwanda bashyira indabo...