Amizero
Amakuru Politike

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed ari mu ruzinduko mu Rwanda [AMAFOTO]

Kuri iki Cyumweru tariki 29 Kanama 2021, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr Abiy Ahmed, yageze mu Rwanda aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.

Muri uru ruzinduko, biteganyijwe ko yakirwa muri Village Urugwiro na Perezida Paul Kagame bakaganira ku ngingo zitandukanye bamwe bemezako harimo n’irebana n’umutekano mucye mu Ntara ya Tigray.

Akigera mu Rwanda, Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed n’itsinda ry’abamuherekeje, bakiriwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta.

Ibiro bya Perezidansi y’u Rwanda, Village Urugwiro, byatangaje bibinyujije ku rukuta rwa Twitter ko Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed ari “buhure na Perezida Kagame kuri uyu mugoroba.’’

Ethiopia iri mu ntambara n’Ingabo za Leta ya Tigray zihuriye mu ishyaka TPLF zikomeje kwigarurira uduce dutandukanye nyuma yo kongera kwisuganya. Abakurikiranira hafi iby’umutekano mu ihembe rya Afurika, bemezako bwana Abiy ari gushaka amaboko mu ntambara karundura ari gutegura.

Abiy Ahmed ageze mu Rwanda nyuma yo gukubuka mu Gihugu cy’abaturanyi cya Uganda aho yaganiriye na Perezida Yoweli Kaguta Museveni.

Related posts

Karidinari Kambanda yakiriwe na Perezida Evariste Ndayishimiye.

N. FLAVIEN

Gisagara: Igikombe cya Goal Ball cyazamuye ibyishimo ku bafite ubumuga.

Muntu Clarisse

Impuruza ya Général Guidon ku myiteguro ihambaye ya M23 muri Kivu zombi

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777