Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Iyobokamana

Papa Leo XIV yavuze ko Kiliziya idakwiye gucibwamo ibice n’ikibazo cy’ababana bahuje ibitsina

Ibi yabigarutseho ubwo yavaga mu rugendo amazemo iminsi muri Afurika akabazwa n’umunyamakuru icyo atekereza ku Bepiskopi bo mu Budage bafashe umwanzuro wo guha umugisha ababana bahuje ibitsina, aba bakunze kwitwa abatinganyi. 

Papa Leo XIV mu gisubizo yahaye umunyamakuru, yamugaragarije ko ubuyobozi bukuru bwa Kiliziya bwatanze umurongo kuri iki kibazo bukamenyesha Abepiskopi bo mu Budage ko ababana bahuje igitsina batagomba guhabwa umugisha nk’uhabwa umugabo n’umugore bifuza kubana.

Yongeyeho ko mu by’ukuri iki atari ikibazo gikwiye gutera impagarara muri Kiliziya kuko Kiliziya ifite ibindi bibazo bikomeye biyihangayikishije birimo ibibazo by’akarengane, ibibazo by’ubusumbane bw’ibitsina, ibibazo by’ubwisanzure mu by’ukwemera n’ibindi bikomeye.

Papa Leo XIV kandi yasubiye mu magambo ya Papa Fransisiko yibutsa ko Kiliziya ari iya bose, ko abantu bose bafunguriwe amarembo ngo bakurikire Yezu abahe guhinduka.

Related posts

Musanze: Umwihariko w’abatuye Akagari ka Mpenge mu kwiga amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi.

N. FLAVIEN

Imitwe yitwaje intwaro muri DR Congo igiye kurandurwa n’Ingabo zihuriweho z’akarere.

N. FLAVIEN

FARDC yarenze ku myanzuro ya UN igaba ibitero ku birindiro by’Umutwe wa M23.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777