Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Ibidukikije Ibidukikije Trending News

REG yateguje ibura ry’amashanyarazi hirya no hino mu gihugu

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu REG yatangaje ko hirya no hino mu turere tw’igihugu hateganyijwe ibura ry’amashanyarazi hagati yo ku wa 9 na 17 Gashyantare 2026 kubera ibikorwa byo gusana imiyoboro.

Ni ibikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze kuri uyu  wa 7 Gashyantare binyuze ku mbuga nkoranyambaga zayo aho igaragaza ko ibice byose bitazaburira umuriro rimwe ndetse ibikorwa byo gusana imiyoboro bikazagira ingaruka ku mirenge imwe n’imwe.

Ibura ry’amashanyarazi rimaze iminsi rigaragara mu bice bitandukanye by’igihugu ndetse mu bihe bishize REG yavugaga ko hari ibibazo biri mu miyoboro u Rwanda rusangiye n’ibindi bihugu.

Kugeza ubu, ingo zifite amashanyarazi zibarirwa muri 85%, aho akoreshwa n’ibindi bikorwa by’ubucuruzi birimo nk’inganda zirenga 1300.

 

Related posts

Abarwanyi ba Wagner bari mu Burusiya bagiye kwamburwa intwaro.

N. FLAVIEN

Gakenke: Hibutswe imiryango yazimye muri Jenoside yakorewe Abatutsi, urubyiruko rwibutswa guhangana n’abagoreka amateka.

ISHIMWE Elyse Naise

Karongi: Abahoze bacururiza ku muhanda bahawe ibibanza mu isoko rigezweho

NDAYISHIMIYE Libos

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777