Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike

Paul Biya w’imyaka 92 yarahiriye manda ya 8 yo kongera kuyobora Cameroun

Ubwo yarahiriraga manda ya munani yo kuyobora Cameroun mu myaka irindwi iri imbere, umukambwe Biya yagarutse ku magambo agira atii “Ndabizeza ko ituze rizagaruka”, mu muhango wabereye mu ngoro y’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu.

Perezida Paul Biya, yihanganishije imiryango yabuze abayo mu mvururu zakurikiye amatora yo mu kwezi gushize ziciwemo abantu nibura 14 ku mibare itangazwa na Leta.

Biya ni we Perezida w’Igihugu ukuze kurusha abandi bose ku Isi, iyi manda nshya yarahiriye, ikaba ari iya munani yikurikiranya, ashobora kuzayirangiza ari hafi kuzuza imyaka 100 y’amavuko.

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe bavuga ko amatora yaranzwe n’uburiganya, Issa Tchiroma Bakary bari bahanganye we avuga ko ari we watsinze.

Biya yashimiye inzego z’umutekano ku guhashya abigaragambya ariko ntiyanenze gukoresha ingufu z’umurengera zatumye abantu bicwa.

Abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko umubare w’abapfuye urenze cyane utangazwa na Leta.

Biya yijeje ko ibibazo bivugwa n’urubyiruko azabigira ibyihutirwa, akarwanya ruswa, akanakemura ikibazo cy’umutekano mucye mu bice bitandukanye bya Cameroun.

Related posts

Ingabo kabuhariwe z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique, zigaruriye ibirindiro by’ibyihebe bya Mbau.

N. FLAVIEN

Ibintu by’ingenzi wamenya ku irushanwa Afrobasketball riri kubera mu Rwanda.

N. FLAVIEN

DRC: Ibintu byahinduye isura i Goma. Ibyari imyigaragambyo byavuyemo imirwano y’amoko bamwe bahasiga ubuzima.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777