Amizero
Ahabanza Amakuru Imikino Iteganyagihe

Imvura nyinshi yatumye umukino wahuzaga APR FC na Mukura VS usubikwa [AMAFOTO]

Imvura nyinshi yaguye mu bice byinshi by’Igihugu kuri uyu wa mbere Tariki 31 Mutarama 2022, yatumye umukino waberaga kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, umukino wahuzaga APR FC na Mukura VS, usubikwa.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko “Hashingiwe ku biteganywa n’ingingo ya 38 y’amategeko agenga amarushanwa, uyu mukino uzongera gusubukurwa kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Gashyantare ku munota wari ugezeho kandi ukinirwe ku kibuga waberagaho.”

Nubwo hatangajwe umunsi, ntihatangajwe isaha uyu mukino uzakinirwaho, hakinwa iminota yari isigaye.

Uyu mukino wahagaze igice cya mbere kirangiye, APR FC ikaba yari imaze gutsindwa igitego kimwe na Mukura VS, igitego cyatsinzwe na Nyarugabo Moïse ku mupira yahawe na Aboubakar Djibrine Akuki.

Kugeza ubu, APR FC imaze imikino igera kuri 50 yikurikoranya itaratsindwa, aka kakaba ari agahigo bakomeje kuvuga ko bakomeyeho.

Umukino wahagaze APR FC yatsinzwe 1 /Photo RBA
Ikibuga cyari cyabaye nk’ikiyaga/Photo RBA.

Related posts

FARDC igiye kurashisha M23 indege yita nshya iherutse gukura mu Burusiya.

N. FLAVIEN

Mu mwambaro wa gisirikare, Perezida Kagame yakurikiranye imyitozo ihambaye ya RDF [Amafoto]

N. FLAVIEN

Dr Sabin Nsanzimana yagizwe Minisitiri w’ubuzima asimbuye Dr Ngamije.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777