Amizero
Ahabanza Amakuru Imyidagaduro

King James, Shaddy Boo n’abandi mu maboko ya Polisi nyuma yo kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko kuri uyu wa kane  yataye muri yombi abantu umunani bakekwaho kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID 19 barimo umuhanzi Ruhumuriza James uzwi ku izina rya King James na Uwimbabazi Shadia uzwi ku izina rya Shaddy Boo wamamaye ku mbuga nkoranyambaga.
Abo bantu bafatiwe mu karere ka Rutsiro mu murenge wa Boneza.


Umuvugizi wa polisi y’u Rwanda mu ntara y’Iburengerazuba CIP Bonaventure Twizere Karekezi aganira n’itangazamakuru yagize ati: “Yego nibyo batawe muri yombi ari abantu umunani kubera ko barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID 19,batawe muri yombi tariki 29 z’ukwa Karindwi[Nyakanga] bari hariya ku kiyaga cya Kivu mu murenge wa Boneza”.

CIP Bonaventure akomeza agira ati: “Amazina yose keretse umpaye umwanya nkabanza kuyareba ariko harimo uzwi ku izina rya King James ndetse n’undi uzwi ku izina rya Shaddy Boo, igikurikiraho ni uko bahanwa.”

Aba batawe muri yombi ubu bafungiwe kuri sitasiyo ya polisi ya Gihango mu karere ka Rutsiro.

Akarere ka Rutsiro ni kamwe   mu turere tumaze iminsi 14 muri gahunda ya Guma mu rugo bitewe n’imibare y’abandura COVID 19 yakomeje kwiyongera.

Source: Radio Isangano

Related posts

Dr Frank Habineza wa Green Party avuga ko natorwa azashyiraho indishyi ku bafungwa nyuma bakaba abere.

N. FLAVIEN

BasiGo Kenya and BasiGo Rwanda to supply CATL batteries in Africa.

N. FLAVIEN

Gisenyi: Abarezi bibukijwe ko Igihugu gikeneye abarezi bafite imyumvire n’imigirire ikwiriye.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777