Amizero
Politike

U Rwanda na RDC byinjiye mu biganiro biganisha ku isenywa rya FDLR

Mu nama ya kane y’urwego rw’umutekano ruhuriweho n’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo [JSCM], haganiriwe ku cyiciro cya kabiri cy’ibikorwa bigamije kubahiriza amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington DC harimo n’ingingo yo gusenya FDLR.

JSCM igenzurirwamo intambwe zimaze guterwa zishingiye ku masezerano y’amahoro ibihugu byombi byagiranye ku wa 27 Kamena uyu mwaka.

Abinyujije kuri X, kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2025 , umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye na Afurika, Massad Boulos, yavuze ko impande zombi zarebeye hamwe intambwe imaze guterwa mu kubahiriza amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono ku wa 27 Kamena 2025, i Washington.

Zanasuzumye uko ibikubiye muri gahunda y’ibikorwa igamije kurandura burundu umutwe wa FDLR n’imitwe yitwaje intwaro byubahirizwa.

Intumwa zitabiriye ibiganiro zirimo iz’u Rwanda, RDC, Qatar na Togo ifatwa nk’umuhuza wagenwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe na Komisiyo ya AU.

Muri Nzeri 2025 byari byatangajwe ko ingamba zose zigamije kugarura amahoro hagati y’u Rwanda na RDC zigomba gushyirwa mu bikorwa bitarenze impera za 2025.

U Rwanda na DRC byatangiye kuganira uko FDLR yasenywa

Related posts

M23 yavuye mu gace ka Kibumba yagenzuraga ihasigira Ingabo z’Akarere.

N. FLAVIEN

DR Congo: Ingabo za SADC zakangishije M23 kuyigabaho ibitero byo kuyirandura.

N. FLAVIEN

Ingabo z’u Burundi mu myiteguro ihambaye yo kwigarurira Bukavu.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777