Featured Amwe mu mateka ya Minisitiri mushya w’Ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Dr Ugirashebuja Emmanuel usimbuye Busingye
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo muri 2003, ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, Perezida wa Repubulika...