Amizero
Amakuru Politike

RIB yahakanye iby’akarengane kavuzwe kuri rwiyemezamirimo wa Mastercard muri I&M Bank Rwanda.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwateye utwatsi ibyatangajwe n’umuntu ukoresha amazina y’amahimbano (@Imanirakomeye kuri X), usaba Perezida Paul Kagame kurenganura abantu barenga 150 bivugwa ko barenganyijwe mu rubanza rw’uburiganya bushingiye ku ikoranabuhanga ryabaye muri I&M Bank Rwanda.

RIB yamenyesheje ko muri Mutarama 2023 yakiriye ikirego cya I&M Bank Rwanda ku bujura bakorewe hifashishijwe amakarita ya Mastercard, aho byagaragaye ko hari abantu bakoresheje indangamuntu za bagenzi babo bashaka amakarita menshi kugira ngo bavunje amafaranga anyuranye mu buryo butemewe.

Iperereza ryagaragaje ko ubujura bwateje igihombo cya miliyoni zirenga 10 z’amadolari ($10,256,000). Kuva icyo gihe, abantu 148 barakurikiranwe, hagaruzwa amafaranga n’indi mitungo bifite agaciro ka miliyari 2.2 z’amafaranga y’u Rwanda.

RIB yavuze ko abakekwaho uruhare muri iki kibazo bakiri gukurikiranwa, kandi irakeka ko uwatangaje ibi birego ashobora kuba ari umwe mu bantu batorotse ubutabera. Icyakora, urubanza rukomeje gukurikiranwa mu nkiko.

Related posts

ULK Gisenyi: Abagera kuri 267 bahawe impamyabumenyi biyemeza guhangana n’imibereho yo hanze aha [AMAFOTO].

N. FLAVIEN

“Kwihangira umurimo bisaba kwiyemeza ugatangira udategereje ubundi bufasha”. Sina Gérard

N. FLAVIEN

Rubavu: Umugabo uheruka kwica mushiki we akanamuhamba na we yishwe arashwe.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777