Amizero
Hanze Umutekano

Nigeria: Abanyeshuri 24 bari barashimuswe basubijwe imiryango yabo

Abakobwa 24 bari barashimutiwe mu ishuri ryitwa Government Girls Comprehensive Senior Secondary School (GGCSS) riherereye muri Leta ya Kebbi, muri Nigeria ku wa 17 Ugushyingo basubijwe imiryango yabo.

Byatangajwe na Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu, aho yashimye inzego z’umutekano ku bw’igisubizo cyihuse ku kibazo cy’iri shimutwa, nubwo uburyo abo bakobwa barekuwemo butaratangazwa mu buryo bweruye.

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Umujyanama wihariye wa Perezida Tinubu, hemejwe ko abakobwa bose bashimutiwe mu ishuri riherereye muri Leta ya Kebbi babonetse, avuga ko iri shimutwa ryakurikiwe n’andi mu zindi leta ebyiri za Nigeria.

Nigeria, ni igihugu gituwe kurusha ibindi muri Afurika, imaze igihe ihanganye n’ibikorwa byo gushimuta abana ku bwinshi. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, abana barenga 300 bo mu ishuri rya Kiliziya Gatolika barashimuswe ndetse ubu baracyashakishwa.

Ni mu gihe nibura abana 1500 ni bo bamaze gushimutwa mu mashuri yo muri Nigeria kuva mu 2014 ubwo abakobwa 276 bashimutirwaga mu gikorwa cyabereye ahitwa Chibok.

Muri NIGERIA, Ibikorwa byo gushimuta abana mu mashuri bikomeje gufata indi ntera
Kwamamaza

Related posts

Ukraine yigambye kwicira ku rugamba abasirikare ba Koreya ya Ruguru bafasha u Burusiya.

N. FLAVIEN

Perezida Tshisekedi yabwiye urubyiruko ko Igihugu kiri mu kaga arusaba kuba maso.

KALISA

M23 yabujije Leta ya DR Congo gukorera mu kiyaga cya Kivu.

Muntu Clarisse

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777