Amizero
Amakuru Imyidagaduro

Micky na AG Promoter batangaje igihe bazasezeranira imbere y’Imana

Umukinnyi wa filime Mukobwajana Asifiwe, wamamaye ku izina rya Micky, n’umukunzi we Agiraneza Pacifique uzwi nka AG Promoter, batangaje ko ubukwe bwabo buzaba ku wa 27 Ugushyingo 2025.  

Ibi byamenyekanye nyuma y’uko AG Promoter aherutse gusaba Micky ko yamubera umugore, mu birori byabereye i Rebero ku itariki ya 9 Ugushyingo 2025, aho yamwambitse impeta y’urukundo.

Itariki y’ubukwe bayitangaje ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 18 Ugushyingo, bituma ababakurikira batangira kubifuriza ibyiza mu rugendo rushya bagiye gutangira.

Urukundo rwabo rwatangiye mu 2024 ariko bombi bakabigira ibanga mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kugeza igihe bageze ku cyemezo cyo kurushinga.

Iby’urukundo rwabo byari byarateje impaka kuri bamwe, bitewe n’uko Micky yari aherutse gutandukana na Captain Regis, bari banasanzwe bakinana muri filime.

Micky na AG Promoter bashyize hanze itariki y’ubukwe bwabo

Related posts

“Musanze FC ntimuyitere amabuye kuko na ba Mbappé bijya byanga”: Meya Claudien.

N. FLAVIEN

Drone ‘CH-4’ ya FARDC yangije ibikorwa rusange yica n’inka mu bice bigenzurwa na M23.

N. FLAVIEN

Bukavu: Imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda n’inyeshyamba za M23 yahagaritse ubuzima.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777