Amizero
Amakuru Amakuru mashya

Impunzi z’Abarundi 115 zari mu Rwanda zatashye

Impunzi z’Abarundi 115 ziganjemo izabaga mu Nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe kuva mu 2015 zatashye zinyuze ku Mupaka wa Nemba mu Karere ka Bugesera.

Urugendo rwo gufasha abo Barundi gusubira iwabo rwatangiriye i Kirehe n’i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2025 aho aba mbere bongeye gukandagira ku butaka bw’igihugu cyabo saa 13:25 nyuma yo kwambuka umupaka wa Nemba.

Mu 115 batashye  harimo abagore 58 n’abana 51 babarirwaga mu miryango 58 harimo abantu 107 babaga mu Nkambi ya Mahama n’abandi umunani babaga i Kigali.

Umuyobozi ushinzwe gahunda z’Impunzi muri Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi, Karagire Gonzague yavuze ko gucyura izo mpunzi byakozwe nyuma yo kugaragarizwa ko zibishaka.

Bamwe muri izo mpunzi biganjemo abari bafite abana babyariye mu buhungiro, bavuze ko nubwo ubuhunzi ari ubuzima bugoye bishimira ubuzima babayemo mu Rwanda.

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi igaragaza ko kuva ku itariki 27, 2020 impunzi z’Abarundi zimaze gutaha zose hamwe ari 30.907.

Ni mu gihe hakiri izindi 52.862 ziri mu Rwanda barimo abagera kuri 42.421 bari mu Nkambi ya Mahama n’abandi bari ahandi hatandukanye.

Impunzi z’Abarundi zafashijwe gutaha ziva mu Rwanda

Related posts

Perezida Kagame yacanye urumuri rw’icyizere mu gutangiza icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo Kwibuka.

N. FLAVIEN

Gisagara: Igikombe cya Goal Ball cyazamuye ibyishimo ku bafite ubumuga.

Muntu Clarisse

Umuhungu wa Perezida Pierre Buyoya wayoboye u Burundi yahawe kuyoborwa ishami rya Banki y’Isi.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777