Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike

Guinea: Mamady Doumbouya arahabwa amahirwe mu matora yo kuri iki Cyumweru

Abaturage ba Guinea Conakry bagera kuri miliyoni 6,7 ni bo biyandikishije kuri lisiti y’itora mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye kuri iki Cyumweru tariki 28 Ukuboza 2025, aho abakandida 9 ari bo bahatanye muri aya matora.

Perezida Mamady Doumbouya usanzwe ku butegetsi ni we uhabwa amahirwe yo gutorerwa kuyobora iki gihugu muri manda y’imyaka irindwi. Doumbouya yafashe ubutegetsi tariki 05 Nzeri 2021 nyuma yo guhirika Alpha Condé washinjwaga igitugu no kudindiza iterambere ry’Igihugu.

Guinea Conakry ni Igihugu giherereye muri Afurika y’Iburengerazuba, gihana imbibi n’Inyanja ya Atalantika mu burengerazuba. Kizwiho kuba gifite Pariki y’Ibidukikije ya Mount Nimba, mu majyepfo y’uburasirazuba. Iyi pariki iherereye mu misozi iri mu mashyamba akungahaye ku bimera n’inyamaswa gakondo nk’inkende n’ibindi.

Ku nkombe z’inyanja niho hari umurwa mukuru, Conakry, ahabarizwa umusigiti mukuru ujyanye n’iterambere ry’umujyi, hakaba kandi n’Ingoro Ndangamurage y’Igihugu, isigasiye amawe mu mateka y’agaciro yihariye mu karere iki gihugu iherereyemo.

Guinea Conakry ifitanye umubano wihariye n’u Rwanda, abakuru b’Ibihugu byombi bakaba bamaze gusurana mu bihe bitandukanye, ahanasinywe amasezerano yoroshya ubuhahirane, ubwikorezi bwo mu kirere, umutekano n’ibindi. Kubera uko bakunda u Rwanda na Perezida Kagame, bimwe mu bikorwaremezo bikaba byaramwitiriwe.

Ikarita igaragaza Guinea mu gace ka Afurika iherereyemo.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame na mugenzi we Mamady Doumbouya wa Guinea Conakry bamaze gusurana mu rwego rwo gukomeza umubano w’Ibihugu byombi.
Mamadou Doumbouya ni we uhabwa amahirwe yo kwegukana umwanya wa Perezida wa Repubulika.

Related posts

Minisitiri Nduhungirehe yamaganye ikinamico ya FARDC ku musirikare wiswe umunyarwanda.

KALISA

Perezida Kagame yagize Ntibitura Jean Bosco Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba.

N. FLAVIEN

Burundi: Lt Gen Gervais Ndirakobuca bita “Ndakugarika” yarahiye nka Minisitiri w’Intebe mushya.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777