Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko Ingabo ze zahanganye n’abasirikare barenga ibihumbi 11 ba Koreya ya Ruguru bari kurwana ku ruhande rw’u Burusiya, ndetse...
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yashimiye Donald Trump ku ntsinzi ye mu matora yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye kuwa kabiri tariki 05...
Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyohereje indege ebyiri za gisirikare zo gucyura abenigihugu babo basagariwe mu mujyi wa Amsterdam, ubwo bari bagiye gukurikirana umukino wa...
Abatuye mu murenge wa Cyuve, by’umwihariko mu kagari ka Bukinanyana, Umudugudu wa Mwidagaduro bavuga ko babangamiwe cyane n’ikibazo cy’abashumba b’ibihazi basigaye bitwikira ijoro bakabambura amatelefone...
Abarwanyi kabuhariwe b’Umutwe wa Hezbollah uhanganye na Israel bongeye kurasa ibisasu bya ’rocket’ byinshi mu majyaruguru ya Israel, muri kimwe mu bitero bikomeye uwo mutwe...
Kuri uyu wa gatanu tariki 01 Ugushyingo 2024, Perezida wa Botswana, Mokgweetsi Masisi, yemeye ko yatsinzwe nyuma y’amatora yagaragayemo amahitamo yatunguranye, maze mu bitari bimenyerewe...