Abasirikari bakekwaho kuba ari abo mu gisirikari cya DRC (FARDC) baravugwaho ko binjiye ku butaka bw’u Rwanda, mu karere ka Rubavu bakiba inka umunani z’umuturage....
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yasabye urubyiruko rw’umujyi wa Kipushi, uzwiho ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu ntara ya Haut-Katanga, kugira ubushishozi no...
Ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi mu mujyi wa Lubumbashi, Intara ya Haut Katanga kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Ugushyingo 2024, Perezida wa Repubulika Iharanira...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Ugushyingo 2024, igisirikare cy’u Rwanda RDF, cyatangaje ko cyataye muri yombi umusirikare wo mu ngabo zacyo warashe mu...
Umugore witwa Cristel Nchama uri mu babarirwa muri 400 bagaragaye mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga ruri guhana inkoyoyo na Baltasar Engonga wahoze ari Umuyobozi...