Category : Politike
Featured DRC: Abanyeshuri b’i Rutshuru batorotse ikigo bigamo bajya muri M23.
Urubyiruko rw’abakongomani bavuga Ikinyarwanda biganjemo abo mu bwoko bw’abatutsi rukomeje kwisunga umutwe wa M23 umaze igihe wubuye imirwano. Amakuru ava muri Teritwari ya Rutshuru mu...
Featured M23 mu isura nshya y’imirwanire bagamije gufunga umuhanda Goma-Rutshuru.
Abarwanyi b’Umutwe wa M23 batangije uburyo bushya bw’imirwanire batari bamenyerewemo, aho barimo gukoresha uburyo bwo gutega ibico (Ambush) bifashijije Pariki ya Virunga. Amakuru aturuka i...
U Rwanda rwateye utwatsi ubusabe bwo kurekura Paul Rusesabagina.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yavuze ko Paul Rusesabagina yakatiwe kandi agomba gufungwa, hatitawe ku gitutu cy’amahanga akomeza gusaba ko arekurwa nk’umwere. Kuri uyu...
Featured Blinken yageze i Kigali aho byitezwe ko avuga kuri M23 na Rusesabagina.
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa gatatu aho agiye gusoreza uruzinduko amazemo iminsi muri...
Featured Ikibazo cy’abarimu badatangirwa imisanzu muri RSSB kigiye gukurikiranwa kandi gikemurwe.
Hirya no hino mu Gihugu hakomeje kumvikana amajwi y’abarimu bavuga ko badatangirwa imisanzu y’ubwizigame muri RSSB kugirango bazabone uko bakomeza ubuzima bageze mu zabukuru cyangwa...
Featured Rubavu: Gitifu uherutse guhagararirwa n’umutetsi mu Kwibuka yirukanwe burundu.
Ba gitifu b’Imirenge ibiri barimo uwa Rugerero aho umutetsi aherutse guhagararira Akarere mu gikorwa cyo Kwibuka birukanwe mu kazi burundu kubera amakosa atandukanye. Ba gitifu...
Featured Nyamasheke: Eliezer wakekwagaho kwica ababyeyi be bombi nawe yarashwe ahita apfa.
Mu ma saa kumi (16h00) kuri uyu wa Kabiri tariki 09 Kanama 2022, hamenyekanye amakuru yemeza ko wa mugabo Eliezer, uheruka gutabwa muri yombi nyuma...
Featured Uganda: Umuryango uvuganira abaryamana bahuje ibitsina wafunzwe.
Guverinoma y’Igihugu cya Uganda yafunze ibikorwa by’umuryango utegamiye kuri Leta wari usanzwe uvugira abaryamana bahuje ibitsina (LGBT) bakunze kwitwa abatinganyi. Uyu muryango uzwi nka Sexual...
Nyamasheke: Umugabo ukekwaho kwica se na nyina yatawe muri yombi.
Umugabo w’imyaka 34 washakishwaga nyuma yo kwica ababyeyi be(se na nyina) ku wa Gatandatu tariki 06 Kanama 2022 abaziza imitungo, yatawe muri yombi. Bivugwa ko...

