Ikipe ya APR FC iheruka gutahiraho mu irushanwa ry’Inkera y’Abahizi yateguye, yasubukuye imyitozo kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Kanama 2025. Iyi kipe yitegura kujya...
Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Mugisha Bonheur ‘Casmiro’, we n’ikipe ye ya Al Masry SC yo mu Misiri, baraye bananiwe kubona amanota atatu imbumbe...
Shema Ngonga Fabrice usanzwe ari umuyobozi wa AS Kigali, ariyamamariza kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA mu matora ateganyijwe ku wa 30 Kanama 2025....
Kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Kanama 2025, Urukiko rwa Gisirikare rwategetse ko Umuvugizi w’abafana ba APR FC, Mugisha Frank ‘Jangwani’, abanyamakuru barimo Ishimwe Ricard,...
Joseph Sackey ukinira ikipe ya Mukura VS yasinyiye avuye muri Muhazi United, yavuze uko yabuze ababyeyi be mu gihe cy’ibyumweru bitatu. Nyina umubyara ni we...
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu mu mupira w’amaguru mu Rwanda, APR FC yasoreje ku mwanya wa nyuma w’irushanwa ry’Inkera y’Abahizi yateguye nta nota na rimwe ifite, mu...
Umusore w’umunye-Ghana Joseph Sackey, uhereruka gutandukana na Muhazi United yari imanutse mu cyiciro cya kabiri agasinyira Mukura VS, yavuze ko yabanje kwakira telephone iturutse muri...
Ikipe ya Al-Nassr ikinamo rurangiranwa Cristiano Ronaldo yatakaje Igikombe kiruta ibindi muri Saudi Arabia, nyuma yo gutsindwa na Al-Ahli kuri penalite 5-3. Mu mukino warangiye...