Abategetsi bo mu Mujyi wa Baltimore muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika baravuga ko abantu bagera kuri 30 barasiwe mu birori byari byateguwe n’abaturage bo...
Abategetsi bo mu Burusiya bavuga ko itsinda ry’abacanshuro b’Abarusiya rya Wagner rizakwa intwaro ariko ko ritazakurikiranwa mu nkiko ku mpagarara ryateje ku wa gatandatu w’icyumweru...
Umutwe witwara gisirikari wa Wagner usanzwe ukoreshwa mu bikorwa bya gisirikari na Leta y’u Burusiya wakoze igisa nk’ibara, utangiza intambara mu Gihugu ukomokamo ukaba umaze...
Abategetsi ba Somalia batangaje ko abarwanyi 43 ba Al Shabaab barimo abayobozi bakuru babiri, bishwe n’Ingabo z’Igihugu mu gitero cy’indege cyagabwe mu mpera z’icyumweru gishize...
Abantu nibura 25 nibo bamaze kumenyekana ko bishwe n’inyeshyamba zifite aho zihuriye n’umutwe wiyita Leta ya kisilamu, mu gitero zagabye ku ishuri ryo mu Burengerazuba...
Mu rugendo rugamije amahoro barimo, bamwe mu bategetsi ba Afurika barimo Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa basabye ko habaho guhagarika imirwano ku mpande zombi...