Mu mpera z’icyumweru gishize, undi muntu umwe yarapfuye mu bantu benshi barasiwe mu ngo ebyiri mu mudugudu wo muri Afurika y’Epfo. Umubare w’abahitanywe n’ayo masasu...
Abarimu bakora ku bigo bya Leta mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bavuga ko batazigera basubira kwigisha igihe cyose Leta itabongereye umushahara. Aba...
Abanye-kongo barenga 550.000 basubiye mu bice bigenzurwa n’ingabo z’Umutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice...
Hassan Nasrallah wari umuyobozi w’umutwe wa Hezbollah ari mu bishwe n’igisirikare cya Israel (IDF) mu bitero iki gisirikare gikomeje kugaba ku birindiro by’uyu mutwe biri...
Umwarimukazi witwa Yankurije Marie Josée w’imyaka 38, wari utuye mu murenge wa Mukura, Akarere ka Huye, Intara y’Amajyepfo yapfuye by’amarabira ku mugoroba wo ku wa...
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikoresheje minisitiri w’ubutabera wungirije, Samuel Mbemba, yagiye mu rubanza igihugu cye cyarezemo u Rwanda ruzabera i Arusha muri Tanzania tariki...
Byatangajwe n’igisirikare cya Israel, aho cyigambye ko cyatangije ibitero simusiga gikoresheje indege ki karasa ku birindiro by’umutwe wa Hezbollah, biherereye mu majyepfo ya Libani. Igisirikare...