Ku nshuro ya mbere, burende (ibifaru) z’ingabo za Isirayeli zageze rwagati mu mujyi wa Rafah kuri uyu wa kabiri tariki 28 Gicurasi 2024 nkuko ababibonye...
Umukecuru witwa Nyirabirori Thérèse w’imyaka 76 y’amavuko wo mu karere ka Musanze, Umurenge wa Shingiro, Akagari ka Kibuguzo, birakekwa ko yanyoye umuti wica udukoko (tiyoda/Thiodan)...
Mu buhamya bw’inzira y’umusaraba banyuzemo, abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Komini Kinigi, Perefegitura ya Ruhengeri, ubu ni mu karere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru,...
Ahagana mu rukerera (saa kumi) kuri iki Cyumweru tariki 26 Gicurasi 2024, nibwo inkongi y’umuriro yibasiye inyubako izwi nko kuri MAGERWA, aha hakaba ahasanzwe habikwa...
Nyiramafishi Rachel wo mu murenge wa Kimonyi, Akarere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru yemeza ko ubumwe n’ubwiyunge bwagiye buvugwa ariko rimwe na rimwe bugahera ku munwa,...
Igihugu cya Niger cyatangiye kohereza peteroli mu mahanga nyuma y’imyaka irindwi cyubaka umuyoboro uzajya ugihuza n’icyambu cya Seme kiri muri Benin, cyane ko iki gihugu...
Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, Urugaga rw’Abikorera, PSF mu Karere ka Musanze ku bufatanye n’Ihuriro ry’abanyamahoteri, banenze abari abacuruzi...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yise Kenya inshuti ikomeye itari iyo mu muryango wo gutabarana w’Uburayi na Amerika (OTAN), bituma Kenya...
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC cyigambye kwirukana umutwe wa M23 muri tumwe mu duce two muri Teritwari ya Masisi, nyuma y’ibitero kivuga...