Guhoberana ni umuco usanga mu bihugu byinshi ku Isi, bigakunda gukorwa mu byishimo n’akababaro, rimwe bikaba uburyo bwo kwereka mugenzi wawe uburyo umuri hafi mu...
Abakozi, ababyeyi ndetse n’abayobozi ba Sonrise School bemeza ko iri shuri (Nursery, Primary & High School) ubu rihagaze neza cyane kurusha ibindi bihe byose kuva...
Nyirabashitsi Sarah Mateke wari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda akaba n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ingabo n’abahoze ari abasirikare, yitabye Imana azize uburwayi....
Ministri w’ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko iki gihugu cyamaze kwakira inkingo z’icyorezo y’ubushita bw’inkende (Monkeypox), kuri uyu wa kane tariki 05...
Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje gukora ibishoboka ngo irebe ko ireme ry’uburezi ryazamuka, hari benshi bakomeje kwitwikira uwo mugambi wa Leta wo kongera umubare...
Hirya no hino ku mbugankoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amashusho ateye ubwoba agaragaza imirambo myinshi irimo n’iyambaye ubusa, bikaba bikekwa ko abagera kuri magana baba barishwe, ni...