Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya

Nyuma y’iminsi mike yimukiye i Rwamagana yasanzwe yapfuye.

Mu Kagari ka Bishenyi, Umurenge wa Mwulire mu Karere ka Rwamagana, umugore witwa Nyiranizeyimana Claudine yasanzwe yapfiriye mu nzu yari amaze iminsi itatu yimukiyemo n’umugabo we, Biserukande Edouard. Bikekwa ko ashobora kuba yishwe n’umugabo we, ariko impamvu y’urwo rupfu iracyakurikiranwa.

Abaturanyi b’uyu muryango batangaje ko nta makimbirane bari bazi hagati yabo, kuko bari bamaze igihe gito bimukiye muri aka gace bavuye mu Karere ka Bugesera.

Gusa ahabereye icyaha hagaragaye isuka, bikekwa ko ari yo yakoreshejwe mu mugambi w’ubwicanyi.

Ntawutayavugwa Jean Baptiste, umwe mu muryango wa nyakwigendera, yavuze ko yari amushakisha umunsi wose atamubona, bituma agira amakenga kugeza ubwo amusanganye yapfuye.

Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Rwamagana ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Richard Kagabo, yemeje aya makuru, avuga ko intandaro y’iki gikorwa gishobora kuba ari ibibazo byari hagati y’uyu muryango, nubwo byari bitaramenyekana neza kubera igihe gito bari bamaranye n’abaturage b’aho bimukiye.

Beserukande Edouard aracyashakishwa n’inzego z’umutekano, mu gihe iperereza rikomeje ngo hamenyekane ibyihishe inyuma y’uru rupfu.

Related posts

Kiyovu Sports yari imaze iminsi mu buriri bwiza yanganyije na APR FC igumana intebe y’ubutware [AMAFOTO].

N. FLAVIEN

Moise Katumbi yavuze uko ubutegetsi bwa Tshisekedi burira ku ntambara ya FARDC na M23.

KALISA

Imyitwarire ya Kim Jong Un, kimwe mu bihangayikishije Yoon Seok-youl, Perezida mushya wa Koreya y’Epfo.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777