Author : N. FLAVIEN
Featured Mu birori bisoza umwaka w’amashuri, EPGI/ULK bongeye kwerekana ko ari ubukombe bwigendera [Amafoto]
Ubwo bari mu birori bisoza umwaka w’amashuri 2022/2023, abakozi, abanyeshuri n’ababyeyi barerera kuri EPGI/ULK bagaragaje ibyishimo bidasanzwe batewe n’urwego abana babo bamaze kugeraho mu masomo...
Featured Ba Ofisiye bato 501 binjijwe muri Polisi y’u Rwanda [Amafoto]
Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi bashya 501 bahawe ipeti rya Assistant Inspector of Police (AIP), nyuma yo gusoza amahugurwa y’abofisiye bato mu Ishuri rya Polisi...
Featured Abanyeshuri n’abakozi ba Kingdom School Musanze bishimiye ubwiza bw’Ikiyaga cya Kivu [Amafoto]
Abanyeshuri n’abakozi b’Ishuri rya Kingdom rikorera mu Karere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru, bemeza ko ntako bisa kugira Igihugu cyiza nk’u Rwanda gitatse ibyiza karemano birimo...
Featured Umweyo udasanzwe muri APR FC! Abagera ku 10 bahambirijwe.
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC ikomeje kwiyubaka no kwitegura umwaka utaha w’imikino, ikaba yasezereye abakinnyi 10 b’abanyarwanda, itiza abandi babiri mu rwego rwo gukomeza gushimangira...
Featured DR Congo: Imitwe yitwaje intwaro ikomeje kwica abaharanira uburenganzira bwa muntu.
Ahitwa Kiwanja muri Teritwari ya Rutshuru, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abantu batanu bishwe n’abakekwa kuba abarwanyi b’umwe mu mitwe yitwaje intwaro...
Featured Rubavu: Inzego z’umutekano zarashe igisambo cyari kimaze kwambura abaturage.
Mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuwa Mbere tariki 10 Nyakanga 2023, mu Mudugudu wa Gafuku, Akagali ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu, Akarere ka Rubavu,...
Featured Amerika yivuganye Usamah al-Muhajir umwe mu bayobozi ba Leta ya Kiyisilamu.
Ibitero by’intege z’intambara za Leta zunze ubumwe za Amerika byahitanye umuyobozi wa Leta ya Kiyisilamu mu Burasirazuba bwa Siriya nkuko byatangajwe n’ubuyobozi bw’igisirikare cya Amerika...
Featured Kanseri y’inkondo y’umura n’iya prostate ziri kwiyongera mu Rwanda.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC gitangaza ko kuva mu 2007, u Rwanda rwongereye abaganga na za laboratwari zipima kanseri ku buryo kuva muri uwo mwaka abapimwa...
Featured Gen Sultan Makenga yarahiye ko badateze gushyira intwaro hasi asaba Leta kubitondera.
Nyuma y’igihe kinini Major General Sultani Emmanuel Makenga ataboneka, yongeye kugaragara mu mashusho avuga ko M23 itarebwa na gato n’ibijyanye no gushyirwa hamwe no kwamburwa...

