I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Igisirikare cya Leta ya DR Congo, FARDC n’Ihuriro AFC/M23 barashinjanya gutobera umuhate wo kugera ku mahoro mu biganiro birimo kuba, kubera ibikorwa byo kwitegura imirwano...
Mu gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje ikorwa ry’ibizamini bya Leta bisoza icyiciro cya mbere (O’Level) n’icyiciro cya kabiri (A’Level) mu mashuri yisumbuye, ni...
Muhammadu Buhari wabaye Perezida wa Nigeria ubugira kabiri, yapfiriye mu bitaro by’i Londres mu Bwongereza ku myaka 82 y’amavuko akaba yazize uburwayi yari amaranye igihe....
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yafunguye urujya n’uruza ku bantu n’ibicuruzwa ku mupaka wa Bunagana n’indi ihuza Uganda n’ibice bya Repubulika ya Demokarasi ya...
Tariki 06 Nyakanga 2025 nibwo umugabo wo mu mudugudu wa Cyimana, Akagari ka Kibilizi Umurenge wa Rubengera, Akarere ka Karongi, Intara y’Iburengerazuba yanyweye umuti wica...
Mu kiganiro cyihariye bagiranye na WWW.AMIZERO.RW, bamwe mu barokotse amateka ashaririye y’urwango n’ivangura byaranze u Rwanda kuva ku butegetsi bwa Grégoire Kayibanda kugeza taliki 04...
Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyakoze impinduka ku mpuzankano (uniform) yacyo ku mwanya ujyaho ibendera ry’Igihugu. Iri bendera ryambarwa ku kaboko k’ibumoso ryahinduriwe uko rigaragara rivanwa...