I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko iki gihugu cyongeye kwibasirwa n’icyorezo cya Ebola kandi ko kimaze kwica abantu 16 mu ntara...
Hashize iminsi ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zigaba ibitero mu duce dutandukanye tw’i Mulenge tugenzurwa n’umutwe wa MRDP-Twirwaneho, bikaba...
U Rwanda rwakiriye abimukira barindwi baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nka bimwe mu bikubiye mu masezerano ibihugu byombi biherutse gusinyana. Ni amakuru yatangajwe...
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda, MINEDUC yatangaje ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2025/2026, uzatangira ku wa Mbere tariki 08 Nzeri 2025 ku biga mu mashuri y’incuke, abanza...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yagaragaje ko nta muntu ugomba kugena uko u Rwanda rugomba kubaho, asaba Ingabo z’u...
Abarwanyi bo mu ihuriro Wazalendo rigizwe n’imitwe yitwaje intwaro irwana ku butegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bahagaritse umuhango wo gushyingura Colonel Gisore Patrick...
AFC/M23 yatanze impuruza ku muryango mpuzamahanga ndetse no ku gihugu ku bijyanye n’ihohoterwa rikomeje kandi rikabije, ririmo no kurenga ku gahenge kajyanye n’ihagarikwa ry’imirwano (cease...
Umugabo witwa Maniragena Simon bivugwa ko asanzwe ari umusirikare mu ngabo z’u Rwanda (RDF), yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kwica umugore we nk’uko byemezwa...