I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Israel n’umutwe wa Hamas bumvikanye ku cyiciro cya mbere cy’amasezerano yo guhagarika imirwano. Inkuru...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze mu Bubiligi aho yitabiriye inama y’Abakuru b’Ibihugu yiga uko Isi yarushaho kwegerana no gukemura ibibazo bitandukanye bishingiye ku bukungu....
Uwari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane, Ingabire Immaculée yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 09 Ukwakira 2025...
Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yavuze ko abantu batanu bapfuye naho abandi babarirwa mu bihumbi za mirongo basigara nta muriro w’amashanyarazi bafite muri Ukraine, nyuma...
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda (RDF), Paul Kagame, kuri uyu wa Gatandatu tariki 04 Ukwakira 2025 yazamuye mu ntera abofisiye ba...
Amakuru aturuka mu bantu batandukanye bakurikiranira hafi intambara ibera mu burasirazuba bwa DR Congo bakomeje gutanga amakuru avuguruzanya ku bitero bya drones bivugwa ko byakozwe...
Tariki ya 01 Ukwakira 1990 mu gitondo cya kare, ahazwi nka Kagitumba hari umupaka uhuza u Rwanda na Uganda hagabwe igitero cyabaye ikimenyetso cy’itangira ry’urugamba...