Author : N. FLAVIEN
Featured Musanze: Umurambo w’umusaza w’imyaka 60 wagaragaye ku biro by’Akagari.
Mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze, ku biro by’Akagari ka Kabeza hagaragaye umurambo w’umusaza w’imyaka 60 y’amavuko witwa Ndangurura Claver bakunze kwita Barata,...
Featured Boris Johnson wari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yeguye ku mirimo ye.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 07 Nyakanga 2022, nibwo Boris Johnson yeguye, avuga ko byari ibintu bigaragara ko abadepite b’ishyaka rye bifuza...
Featured Ministiri w’Intebe w’Ubwongereza amaze kwegura ku Buyobozi bw’Ishyaka rye.
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, bwana Boris Johnson, amaze kwegura ku mwanya w’ubuyobozi bw’ishyaka rye, Conservative Party. N’ubwo yeguye ku Buyobozi bw’Ishyaka rye, bwana Boris yatangaje...
Featured M23 yavuze ko idateze kuva mu birindiro kubera ibiganiro hagati ya Kagame na Tshisekedi.
Umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo uvuga ko utiteguye gukurikiza ibyo Leta ya Congo ivuga ko byemeranyijweho ku...
Featured Padiri Dogiteri Hagenimana Fabien yasimbuwe ku buyobozi bwa INES Ruhengeri.
Ishuri Rikuru ry’Ubumenyi ngiro rya Kiliziya Gatolika, Diyoseze ya Ruhengeri, INES Ruhengeri, ryasimbuje uwari Umuyobozi waryo, Abbé Dr Hagenimana Fabien wakomereje ubutumwa ahandi, asimburwa na...
Featured Rutshuru: Abatware gakondo baranenga Leta ya Congo ko ntacyo iri gufasha impunzi.
Abatware gakondo ba Jomba, Bweza na Busanza muri Teritwari ya Rutshuru iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bahangayikishijwe n’uburyo Leta ya Congo ifata abaturage bimuwe...
Featured Abarwanyi ba M23 baravugwa mu marembo ya Rutshuru
Abarwanyi b’Umutwe wa ARC/M23 bageze muri birometero bibiri gusa winjira rwagati muri Centre ya Rutshuru ari nayo ibarizwamo ibiro bikuru bya Teritwari. Ibi bibaye nyuma...
Featured Perezida Kagame asanga intambara ya M23 na Congo idakwiye na gato kubazwa u Rwanda.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko ibibazo by’intambara hagati y’umutwe wa M23 na Leta ya DRC bitagomba kubazwa u Rwanda ahubwo ko...
Featured Kwibohora28: Gutaha ibikorwa birimo amagorofa 14 ni bimwe mu byaranze umunsi wo kwibohora muri Musanze.
Kuri uyu wa mbere tariki 04 Nyakanga 2022 mu Karere ka Musanze no mu Gihugu hose muri rusange hizihijwe ku nshuro ya 28 Umunsi Mukuru...

