I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Urwego rw’Igihugu rw’Ubuhenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwafunze abantu bane barimo Mukeshimana Marcel, wahoze ari umuyobozi w’ishuri ry’imyuga rya Rubengera II TSS School ryo mu karere...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yageze i Gaborone muri Botswana, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri agiye kugirira muri iki gihugu cyo muri Afurika y’amajyepfo....
Minisitiri w’Ingabo n’abahoze ari abasirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, yavuze ko ihuriro AFC/M23 ryashoboye kwinjira mu itumanaho ry’ingabo zabo (FARDC),...
Umutwe wa AFC/M23 urashinja igisirikare cya leta ya DR Congo kugaba ibitero by’ubukana burenze gikoresheje za ndege zitagira abapilote (drones) mu duce dutuwe n’abaturage i...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 04 Gicurasi 2026, ingabo z’igihugu...
Umutoza wa Al-Hilal SC, Laurentiu Reghecampf, yavuze ko basabye Ikipe ya APR FC kuzabakirira muri Stade Amahoro mu mukino w’Umunsi wa 30 wa Shampiyona uteganyijwe...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Tanzania, Dr Samia Suluhu Hassan uko yamwakiriye mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe yagiriye muri...