Amizero
Ahabanza Amakuru Imikino

Kwizera Olivier yarekuwe nyuma y’ukwezi mu gihome

Imyanzuro y’’urubanza Kwizera Olivier na bagenzi be 7 baregwamo icyaha cyo gukoresha urumogi itegetse ko uyu munyezamu w’ikipe y’Igihugu arekurwa ku bw’igifungo gisubitse.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 06 Nyakanga 2021, ku cyicaro cy’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro habereye isomwa ry’urubanza ubushinjacyaha buregamo Kwizera Olivier na bagenzi be 7, ritegeka ko abaregwa bose uko ari 8 bahita barekurwa mu gifungo cy’umwaka umwe gisubitse.

Tariki ya 04 Kamena 2021 nibwo RIB yatangaje ko Kwizera umunyezamu w’ikipe y‘igihugu y’umupira w’amaguru yatawe muri yombi, aho yari yafashwe asangira na bagenzi be Runanira Amza, Ntakobisa David, Mugabo Ismael, Rumaringabo Wafiiq, Sinderibuye Seif, Kalisa Amerika Djuma na Mugisha Adolphe, ikiyobyabwenye cyo mu bwoko bwa Canabis (Urumogi).

Nk’uko bigaragara mu cyemezo cy’urukiko, Kwizera na bagenzi be 7 bakatiwe igifungo cy’umwaka umwe gisubitse bityo rutegeka ko bahita barekurwa.

Icyo cyemezo kandi kivuga ko abaregwa bose uko ari 8 bafatanya kwishyura amagarama y’urukiko angana n’ibihumbi 10 (10,000) by’amafaranga y’u Rwanda, ndetse urumogi rwafatiwe mu nzu ya Hamza Runanira ruhita rutwikwa urubanza rukimara gusomwa.

Related posts

Minisitiri Mbabazi yasabye urubyiruko kwishakamo imbaraga zo guhangana n’ibibazo birwugarije.

N. FLAVIEN

Bwa mbere mu mateka Manchester City yatwaye Igikombe cya UEFA Champions League.

N. FLAVIEN

Umutwe wa M23 wakuye abasirikare 130 ba DR Congo mu bitaro bari bihishemo

Muntu Clarisse

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777